
Welcome to my blog! Here, you'll find a collection of thoughts, stories, and insights that I hope will inspire, inform, and encourage your life. Thank you for stopping by—I'm excited to share this journey with you!
Wednesday, 8 October 2014
UKURI MPFITE WAGUHUZA NUKO UFITE UKUBAKA UMURYANGO W'UMUGISHA!

-
Niyo
mpamvu Imana inabwira abagabo ngo abagore ni inzabya zoroshye
Ikindi
sinokujyanwa gusa ahubwo banakomereka vuba kandi bagasanwa byoroshye sink’umugabo
Nti mubitindeho iki na satani arakizi niyo mpamvu
yatatse eva ntajye kwa adamu mbere Kuko eva naturally yari kumworohera Niyo mpamvu rero umugabo ariwe usabwa gukunda uyu
muntu ufite intege nke gutya-
Ikindi
ngo akamukuyakuya Ibi mumvugo zacu ni ugutanga care Ukamwitaho nkuwita kumubiri
wawe bwite Niyo standard imana iha abagabo
Ikabasaba kubagaburira, Ikabasaba kubihanganira cyane
murukundo rutangajeAho agaragaje za ntege nke ze niho aba akwiriye
gukundwa cyane!!Namwe mundebere imana ibyita kumweza kuko iyo umweretse
ko muntege nke ze arushaho kubona urukundo zigenda zishira zigahinduka imbaragaEph 5:26 “So that He might sanctify her, having
cleansed her by the washing of water with the Word”
NB: ntago bivuze ko umugabo atunganye rwose
ahubwo ukorera umugore we ibyo kristo yakoreye church niwe utunganye
·
Kuki
rero umugabo akeneye cyane umugore
Nubwo bishoboka ko ushoboye kutamushaka ntacyo wabaKuko iyo aba ari ngombwa cyane Yesu na paul nabo baba
bararongoyeAriko kamvuge impamvu akenewe kuko nzi ko twe tuzashakaUbwo namwe bakobwa mwumve role nimbaraga zanyu ku
mugaboAriko kubadashaka iyo kwanza ninindi case. Munyumvire
namwe nari ndimo kubereka ko kristo ubu ntibivuze yesu Gusa, Kuko kristo cg
messiah bivuga ngo uwasizwe
Iyi ngingo iri strong byahatariNdi kuvuga ngo iyo imana iba yihagije gusohoza icyo
yagambiriye cyose nubu yari kuba ihibereye ntawe ituyemo ibyikorera yonyine twe
turi indorereziKuko yabonye ko ikeneye kweza church ngo ikomeze ba
korane in a harmony nukuvuga ko umugore arakenewe byahatari kuzuza umugabo niyo
mpamvu paul yavuze ngo ubwo dukorana nayoIkindi
Iyo ufashe nabi umwuka wera u experience nothing iyo utazi ko abana nawe ( HOLY SPIRIT) buri munsi 1COR 6:19 ngo ese ntimuziko muri insengero z’umwuka wera utuye muri mwe? ...ukora byose kandi ahari kugirango agufashe muri byose. Its same way nudakuyakuya umugore wawe u'll get nothing from her it’s up to u guys kuryoherwa nurugo rwawe cg rukakubihira bikarutwa nuko waba muri gereza. Abagore cg abakobwa nibyo byaremwe byiza bibaho kwisiBiguha icyo ukwiriye mugihe cyacyo Ntago baguha ibuye ukwiye umugatiNtanubwo baguha ifi ukwiriye inzoka.
yanditswe na Gatera Byiringiro Steven.
Bless u, I love u all
Subscribe to:
Post Comments (Atom)
Featured post
How the Church Can Use AI Without Losing Its Soul
How the Church Can Use AI Without Losing Its Soul A Kingdom Approach to Technology in the Age of Artificial Intelligence By Pastor M. Gaud...
No comments:
Post a Comment
God bless you for Reading, May you be blessed